Posts

Indirimbo nshya za weekend: Amalon, Bruce Melodie, Nel Ngabo, Rema, Tyla n’abandi bakoze mu nganzo

Image
Icyumweru kirangiye abakunzi b’umuziki bafite byinshi bishya byo kumva no kureba, haba ku bahanzi bo mu Rwanda, abo muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga. Kuva ku ndirimbo z’urukundo, Hip Hop, Afrobeat kugeza ku zifite ubutumwa bukangurira urubyiruko gukora, twaguhitiyemo zimwe mu ndirimbo nshya ushobora kongera kuri playlist yawe muri iyi weekend. So Close-Kevin Kade Kevin Kade umaze igihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasohoye indirimbo nshya yise ‘So Close’, akaba yayisohoranye n’amashusho yayo. Iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi yakozwe na Element mu gihe amashusho yayo yafashwe anatunganywa n’abarimo Kingsley & Kairo Amalon yasohoreye rimwe indirimbo ebyiri Amalon akomeje urugendo rwo gusohora indirimbo zigize album ye nshya yise MVP, aho muri iki cyumweru yashyize hanze indirimbo ebyiri icyarimwe, “Don’t Mind” na “Had No Money”. Zombi zasohokanye n’amashusho yazo. Uyu muhanzi aherutse kubwira IGIHE ko mu minsi iri imbere azasohorera rimwe indirimbo zose zisigaye kuri iyi ...

Ronaldo yasabiye abafana baririmbye izina rya Jota guhagarikwa burundu

Image
Cristiano Ronaldo yasabye ko abafana baririmbiye Rúben Neves izina rya Diogo Jota witabye Imana bahagarikwa burundu, ntibongere kwemererwa kugaragara kuri stade. Jota wakiniraga Liverpool, yapfuye muri Nyakanga umwaka ushize afite imyaka 28, azize impanuka y’imodoka. Yari inshuti magara ya Neves bakinanye muri Wolverhampton Wanderers no mu Ikipe y’Igihugu ya Portugal. Mbere y’uko Al-Hilal ya Neves itsinda Al-Taawoun ibitego 6-0 mu mukino wa Shampiyona ya Arabie Saoudite wabaye ku wa Gatandatu, bamwe mu bafana bumvikanye bamuhamagara mu izina rya “Jota”. Ronaldo ukinira Al-Nassr muri iyo Shampiyona, yanditse ku mbuga nkoranyambaga ati “Shampiyona igomba kugira icyo ikora, igahana imyitwarire nk’iyi y’abafana.” Yakomeje ati “Ibi ntibikiri umupira w’amaguru; hagomba kubaho umupaka. Abitwara gutya ntibakagombye kongera kwemererwa kwinjira kuri stade.” Amashusho agaragaza Neves akomera amashyi abo bafana mu buryo bwo kubereka ko atishimiye ibyo bakoraga, mbere yo gutunga urutoki mu kir...

Trump ntiyumva abahangayikishijwe n’ibyago byaterwa na AI

Image
Perezida wa Amerik Donald Trump, yahakanye ko hari impungenge zikomeye ziterwa n’ubwenge buhangano (AI), avuga ko ikibazo nyamukuru ari uguhangana n’u Bushinwa mu iterambere ry’ikoranabuhanga. Trump yavuze ko hari “imbaraga mbi zituma abantu bagira ubwoba bwinshi ku byerekeye AI, ndetse avuga ko izo mpungenge zashyizwe imbere n’abantu bafite ibitekerezo bibi. Ibi byabaye nyuma y’iminsi mike abahanga mu by’ubwenge buhangano bagaragaje impungenge ku buryo iri koranabuhanga rikomeje gutera imbere. Bamwe muri bo bavuze ko bishoboka ko abantu bahura n’ingaruka zikomeye mu gihe iterambere rya AI ryakomeza kuri uyu muvuduko. Ku wa Gatandatu, abayobozi bakomeye mu bigo bikora AI basabye ko habaho kugabanya umuvuduko w’iterambere ry’iri koranabuhanga kugira ngo harebwe neza umutekano waryo. Trump we ntiyigeze asubiza mu buryo butaziguye ku gitekerezo cyo kurigabanya, ahubwo yavuze ko Amerika iri imbere y’u Bushinwa muri AI kandi ko ashaka ko ibyo bikomeza kuko “uzatsinda muri AI azaba ari ...

Uko yagurishije ihene y’iwabo n’umushinga wo gushinga urusengero: Bruce Melodie yahishuye byinshi

Image
Mu ijoro ryo ku wa 10 Nzeri 2026, muri Camp Kigali habereye igitaramo cya Gen-Z Comedy cyari cyatumiwemo Bruce Melodie wari utegerejweho kuganiriza abacyitabiriye. Muri iki gitaramo, uretse abanyarwenya banyuranye biganjemo abakuriye muri Gen-Z Comedy batanze ibyishimo, Rusine na Michael Sengazi na bo bari mu batumiwe bashimishije abakunzi b’ibi bitaramo. Ubwo Michael Sengazi yari asoje umwanya we muri iki gitaramo, yahamagaye Vania Ice, akaba ari na ho uyu muhanzi ukomoka mu Burundi yizihirije imyaka itanu amaze mu muziki. Nyuma yo gususurutsa abitabiriye iki gitaramo, Vania Ice yatunguwe na Michael Sengazi na Fally Merci, bari bamuteguriye ishimwe mu rwego rwo kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki. Bruce Melodie wari utegerejwe n’abatari bake, yaje guhamagarwa ku kugira ngo aganirize abitabiriye Gen-Z Comedy. Bruce Melodie waherukaga kwitabira iki gitaramo muri Mutarama 2025, yabwiye Fally Merci ko ubwo yaherukaga muri Gen-Z Comedy atari ameze neza kuko yari afite agahinda gaka...

Flime 10 zigezweho mu Rwanda

Image
1 Why Did I Get Married Again? Yatanze byose ku mugore we, ariko nyuma y'ubukwe ibintu birahinduka! UBUKWE BUGEZE HE? 😱 2 The Rip Abapolisi babonye amafaranga menshi, maze ubuzima bwabo burahinduka burundu! AMAFARANGA YABAGIZE ABICANYI! 3 The Gentlemen Yinjiye mu isi y'abagizi ba nabi atabizi, none ubuzima bwe buri mu kaga! YINJIYE MU MUTEGANYO 😱 4 KPop Demon Hunters Abakobwa b'abahanzi bahishe ibanga rikomeye ritangaje abantu bose! BARI BAHISHE IKI? 👀 5 Call My Agent! The Movie Umunsi umwe gusa uhindura ubuzima bw'aba bantu bose! BYOSE BIRAHINDUKA! 6 72 HOURS Afite amasaha 72 gusa yo kurokora ubuzima bwe! AMASAHA 72 GUSA! ⏳ 7 Alpha Yasigaye wenyine mu ishyamba, ariko ahura n'ikintu atari yiteze! YASIGAYE MU ISHYAMBA! 😱 8 Crew Girl Umukobwa yakoze akazi gasanzwe, ariko ibyo yaje kuvumbura biratangaza! YAVUMBUYE IBANGA! 9 The Polygamist Yagize abagore benshi, ariko umwe muri bo ahindura byose! ABAGORE BENSHI 😱 10 Beauty in Black Yashakaga ubuzima...

🔥 10 movies/titles to watch in Rwanda right now

Image
Why Did I Get Married Again? — Romance / drama Call My Agent! The Movie — Comedy / drama 72 HOURS — Thriller / action Alpha — Action / thriller The Gentlemen — Crime / comedy Crew Girl — Drama / entertainment Beauty in Black — Drama The Polygamist — Drama KPop Demon Hunters — Animation / musical The Rip — Crime / action

Top Upcoming Movies of 2026

Image
  Avengers: Doomsday Spider-Man: Brand New Day The Super Mario Galaxy Movie The Odyssey Toy Story 5 Project Hail Mary Michael The Devil Wears Prada 2 Mortal Kombat II Scream 7 Backrooms The Mandalorian & Grogu Supergirl: Woman of Tomorrow Dune: Part Three Moana Minions 3 Jumanji 3 The Hunger Games: Sunrise on the Reaping Wuthering Heights Hoppers